News – Page 9 – Rwanda We Want

News

Urubyiruko rwinjiye mu kwitegura kuba abayobozi beza b’u Rwanda rw’ejo

Ihuriro ry’urubyiruko ‘Rwanda We Want’ rukiri mu mashuri rwiyemeje gutegura bagenzi babo kugira ngo bakurane umutima n’inyota yo kuba abayobozi b’ejo hazaza. Uru rubyiruko rwatangije ubu bukangurambaga mu karere ka Rulindo ruvuga ko nta kindi bakwitura ubuyobozi bw’u Rwanda bukomeje kubabere umubyeyi mwiza uretse kubutegurira abayobozi beza bazakomeza ikivi cyatangijwe n’abayobozi ba none mu gihe

Urubyiruko rwinjiye mu kwitegura kuba abayobozi beza b’u Rwanda rw’ejo Read More »

Rulindo: Urubyiruko rwakanguriwe kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu

Ihuriro ry’Urubyiruko ‘Rwanda We Want’ ryakanguriye urubyiruko rwo mu Karere ka Rulindo gukoresha imbaraga zose bafite mu guteza imbere igihugu cyabo, bikajyana no kwitegura gutanga umusanzu mu bijyanye n’imiyoborere y’igihugu bakiri bato. Rwanda we Want yashinzwe kugira ngo itange umwanya wo kuganira ku buryo urubyiruko rushobora kwiteza imbere rukanagira uruhare mu miyoborere y’igihugu, kugira ngo

Rulindo: Urubyiruko rwakanguriwe kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu Read More »

Club zinyuranye mu mashuri zafasha mu kongerera abanyeshuri uburere n’ubumenyi

Umuyobozi wungirije w’ikigo gishinzwe guteza imbere uburezi ushinzwe imfashanyigisho Dr. Joyce Musabe yashimiye abanyeshuri bo muri Glory Secondary School bashinze Club yigisha iby’ubuyobozi (Leadership) kuko ngo iyi Club ifasha mu kubaka abayobozi b’ejo hazaza. Ni mu nyigisho yari yagiye guha abanyeshuri baba muri Club yigisha ibijyanye n’ubuyobozi yitwa ‘The Rwanda we Want’, aho yabigishije ku

Club zinyuranye mu mashuri zafasha mu kongerera abanyeshuri uburere n’ubumenyi Read More »

‘The Rwanda We Want’, Ishusho y’abayobozi b’ahazaza b’u Rwanda

Urubyiruko rwiga muri Glory Secondary School mu Karere ka Gasabo, rwibumbiye mu itsinda “Rwanda We Want”, rigamije gutanga umusanzu mu gutangira kwitegura kuzaba abayobozi beza b’ejo hazaza, rwibukijwe ko buri muntu wese ashobora kuba umuyobozi kuko bidasaba igihagararo cyangwa ikindi kintu gihambaye. Iri tsinda ryashinzwe n’Umusore w’imyaka 19, Tristan Murenzi, hamwe na bagenzi be biganaga

‘The Rwanda We Want’, Ishusho y’abayobozi b’ahazaza b’u Rwanda Read More »