Reba hano uko ibikorwa byo gusoza imirimo y’umwaka 2017 ya Rwanda we want yagenze mu karere ka gasabo
Ku italiki ya 18 ukwezi kwa cumi 2017 nibwo mu karere Gasabo mu ishuri rya Glory secondary School hasozwaga ibikorwa n’amahugurwa by’umuryango Rwanda We Want byari byaratangijwe ku mugararagaro ku italiki 8 z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka na Nyakubahwa Mberabahizi Raymond umuyobozi wungirije w’akarere ka Gasabo. Aya mahugurwa yitabiriwe n’abanyeshuri bo mu ishuri rya Glory …